Isi irugarijwe, wowe ubyitwayemo ute?
Pe, twakijijwe kubw'ubuntu bw'Imana kandi twizera neza ko nuwatangiye umurimo muri twe ninawe uzawusosa (n'ibi ni bwa buntu kuko Imana izi neza intege nke zacu).
Isi irugarijwe pe, benshi bari kubura ubuzima, abafite ubwenge bw'isi babuze ibisubizo, abagite power nabo bari hasi. Ntagushidikanya ko battery y'isi iri down.
Nongera ndeba amatorero (churches and congregations) Imana yemera ko afungwa. Ariko nareba neza ijambo rya Data (Mt 18:19. “Kandi ndababwira yuko ababiri muri mwe nibahuza umutima mu isi wo kugira icyo basaba cyose, bazagikorerwa na Data wo mu ijuru.) bahuje umutima ...icyo basaba.... i.e. gusenga ....bazagikorerwa.
Amarira yanjye ni uko dusaba ntiduhabwe kuko dusaba nabi (Yak 4:3.murasaba ntimuhabwe kuko musaba nabi mushaka kubyayisha irari ryanyu ribi.)...
Kuba churches Imana yemeye ko zifungwa mbona ko icyo ishaka now atari amateraniro yabantu kuko yuzuyemo kubeshya, kwiba, ubuyobe ndetse no guca imanza ahubwo iti ....aho bababiri byibura muri mwe ....i.e muri ayo matorero bahuza imitima.....Data arabona turaterana ariko tudahuje imitima. Jesus!!!! Ese Imana irabeshya? This is a true reality mwene data. Means..... This confinement mana we it is a divine calling yo kwiherera si ibutayu s'iki ni juste time yo kwiherera n'Imana hakabo introspection (kongera kwitekerezaho). Kwemerera mwuka wera kuturondora akabwira buri umwe wese inzira arimo mbi kugirango asabe Imana kumushorera munzira nziza..arinako kureka za ngeso mbi zose. (Zab 139:23-24. Mana, ndondora umenye umutima wanjye,Mvugutira umenye ibyo ntekereza.Urebe yuko hariho inzira y'ibibi indimo,Unshorerere mu nzira y'iteka ryose.)
Mana tabara ubwoko bwawe utwigishe gusaba neza.
Rero byose biri hanze reka dusabe Imana ko na mbere yo kuvuga ubutumwa bwiza tubanza natwe ubwacu tugasaba kubanza kuba in the right way. Kandi Imana igiye kubikora. Kuko today is a blessing.
Ese ko isi iri gusaba ko COVID 19 irangira (kuko nibyo wumva bivugwa) nabandi bagashaka imiti nama vaccines nabyo biri gukemangwa.... Ubwo koko ntakantu kari hano?
Nuko turi gushaka nabi. Mana yanjye tubabarire.
Gusaba neza data ashaka ni uko Imana yaturondora tukamenya ububi bwacu ........ Tukababarirwa ibyaba byacu maze tukabaho nk'abana bayo.
Dusenge tunasengera isi gusenga neza bikwiriye kandi uko duhuje imitima, dusabe Data ko isi yose byibura yamenya ko gupfa tuzapfa ariko gupfa neza ari ugupfa kuri za ngeso zacu mbi
Amen
Pe, twakijijwe kubw'ubuntu bw'Imana kandi twizera neza ko nuwatangiye umurimo muri twe ninawe uzawusosa (n'ibi ni bwa buntu kuko Imana izi neza intege nke zacu).
Isi irugarijwe pe, benshi bari kubura ubuzima, abafite ubwenge bw'isi babuze ibisubizo, abagite power nabo bari hasi. Ntagushidikanya ko battery y'isi iri down.
Nongera ndeba amatorero (churches and congregations) Imana yemera ko afungwa. Ariko nareba neza ijambo rya Data (Mt 18:19. “Kandi ndababwira yuko ababiri muri mwe nibahuza umutima mu isi wo kugira icyo basaba cyose, bazagikorerwa na Data wo mu ijuru.) bahuje umutima ...icyo basaba.... i.e. gusenga ....bazagikorerwa.
Amarira yanjye ni uko dusaba ntiduhabwe kuko dusaba nabi (Yak 4:3.murasaba ntimuhabwe kuko musaba nabi mushaka kubyayisha irari ryanyu ribi.)...
Kuba churches Imana yemeye ko zifungwa mbona ko icyo ishaka now atari amateraniro yabantu kuko yuzuyemo kubeshya, kwiba, ubuyobe ndetse no guca imanza ahubwo iti ....aho bababiri byibura muri mwe ....i.e muri ayo matorero bahuza imitima.....Data arabona turaterana ariko tudahuje imitima. Jesus!!!! Ese Imana irabeshya? This is a true reality mwene data. Means..... This confinement mana we it is a divine calling yo kwiherera si ibutayu s'iki ni juste time yo kwiherera n'Imana hakabo introspection (kongera kwitekerezaho). Kwemerera mwuka wera kuturondora akabwira buri umwe wese inzira arimo mbi kugirango asabe Imana kumushorera munzira nziza..arinako kureka za ngeso mbi zose. (Zab 139:23-24. Mana, ndondora umenye umutima wanjye,Mvugutira umenye ibyo ntekereza.Urebe yuko hariho inzira y'ibibi indimo,Unshorerere mu nzira y'iteka ryose.)
Mana tabara ubwoko bwawe utwigishe gusaba neza.
Rero byose biri hanze reka dusabe Imana ko na mbere yo kuvuga ubutumwa bwiza tubanza natwe ubwacu tugasaba kubanza kuba in the right way. Kandi Imana igiye kubikora. Kuko today is a blessing.
Ese ko isi iri gusaba ko COVID 19 irangira (kuko nibyo wumva bivugwa) nabandi bagashaka imiti nama vaccines nabyo biri gukemangwa.... Ubwo koko ntakantu kari hano?
Nuko turi gushaka nabi. Mana yanjye tubabarire.
Gusaba neza data ashaka ni uko Imana yaturondora tukamenya ububi bwacu ........ Tukababarirwa ibyaba byacu maze tukabaho nk'abana bayo.
Dusenge tunasengera isi gusenga neza bikwiriye kandi uko duhuje imitima, dusabe Data ko isi yose byibura yamenya ko gupfa tuzapfa ariko gupfa neza ari ugupfa kuri za ngeso zacu mbi
Amen
Ibibazo per
ReplyDelete